
Impuruza kuri virusi itera SIDA, urubyiruko n’abakora uburaya baraburirwa
Kugeza ubu SIDA ikomeje kuba icyorezo ku isi n’u Rwanda rudasigaye nta muti ndetse nta…
Kugeza ubu SIDA ikomeje kuba icyorezo ku isi n’u Rwanda rudasigaye nta muti ndetse nta n’urukingo. akaba ari muri urwo rwego Minisiteri y’Ubuzima ikangurira buri wese mu kugira uruhare mu kuyirinda dore ko mu bantu 100 bapfa ku munsi byibura muri bo 7 baba bishwe na SIDA. Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko nubwo umubare w’abandura virusi…
Mu Rwanda rwo hambere wasangaga umuntu wagiraga ibyago byo kwandura Virusi itera SIDA byarabaga bigoranye ko yakwisanzura mu bandi kuko yahabwaga akato, agatotezwa mu bandi kubera imyumvire n’amakuru atari yo benshi bari bafite kuri iyi ndwara. Ntawahagarara ku maguru abiri ngo ahamye ko byarandutse burundu ariko ntawashidikanya ko bitagabanyutse cyane, kuko ubu uwanduye Virusi itera…
Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko icyorezo cya Virusi itera SIDA kigikomeje guhangayikisha, aho kuri ubu imibare igargaza ko nibura ku munsi umwe mu bantu ijana bapfa mu Rwanda hose barindwi muri bo ziba ari imfu ziturutse kuri Virusi itera SIDA, ndetse umunsi umwe ukaba ushira habonetse abantu icyenda (9) bafite ubwandu bushya bw’iyi Virusi, iyi minisiteri…
Ubu ni bumwe mu buhamya butangwa na bamwe mu banduye virus itera sida mu Rwanda, bemeza uruhare rukomeye rw’ibigo nderabuzima mu Rwanda mu guhangana na virus itera sida. Bavuga ko guhangana n’ingaruka za virus itera sida ku bayanduye icya mbere kandi cy’ingenzi basanga kwiyakira bihatse ibindi kuko utabasha kunywa neza imiti igabanya ubwandu bwa virus…
Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin mu muhango wo kwizihiza Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya SIDA ku nshuro ya 45 wabereye mu Karere ka Rubavu kuri iki cyumweru Tariki 01 Ukuboza 2024. Ni umunsi wari ufite insanganyamatsiko igira iti :”Kurandura Virusi itera SIDA ni inshingano yanjye”.Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yasabye buri wese kugira uruhare…
Urujya n’uruza ruri hejuru rw’abaturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rutuma haba ubwiganze bw’ubucuruzi bw’utubari n’amacumbi, ari nayo ntandaro y’abakobwa baza kuhashakira amaramuko bakisanga mu buraya, bamwe bemeza ko babushorwamo, ari naho abatari bake bandurira virusi itera SIDA bakaba batabaza inzego z’ubuzima. Kuba Rubavu ufite umubare uri hejuru w’abafite virusi itera SIDA, byashimangiwe na…
Rwanda has set an ambitious goal to eliminate new HIV infections and AIDS-related deaths by 2030. This commitment was highlighted during this year’s World AIDS Day commemoration in Rubavu District. The country has made significant strides in combating HIV/AIDS, but the epidemic remains a public health challenge, accounting for at least seven out of every…
Umurwayi wa mbere wagaragaje ko yanduye virusi itera sida hashize imyaka 43, ariko mu Rwanda ni ku nshuro ya 36 tuwizihije, ukaba warabereye mu karere ka Rubavu, cyane cyane hakangurirwa urubyiruko kwipimisha iyi virusi kuko niho igaragara cyane. Umuryango w’abanyamakuru bakora ku buzima barwanya virusi itera Sida mu Rwanda (ABASIRWA) bakaba bakomeje nabo ubukangurambaga aho…
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, kuri uyu wa 1 Ukuboza 2024, ku Munsi Mpuzamahanga wa Kurwanya Sida, yatangaje ko mu Rwanda buri munsi abantu 1000 gihumbi bapfa hakavuka 100. Dr Sabin yavuze kandi ko 7 muri abo bantu 100 bapfa ku munsi baba bazize icyorezo cya SIDA. Agira ati “Ubuvuzi ku ndwara ya SIDA mu…
Ayinkamiye Adidja, umugore wo mu kigero cy’imyaka nka 38, umwe mu bagore bicururiza mu Mujyi wa Gisenyi mu Karere ka Rubavu akabwa afite ubwandu bwa Virusi itera SIDA ahamya ko mu kazi ke yitwararika ngo atagira uwo yanduza. Yabivuze kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2024, mu kiganiro abanyamakuru bagiranaga n’Ishami ry’Ibitaro by’Akarere ka Rubavu rishinzwe…