Ubuhamya bw’umusore wize ku bigo bitanu kubera ko yanduye Virusi itera SIDA

Mu Rwanda rwo hambere wasangaga umuntu wagiraga ibyago byo kwandura Virusi itera SIDA byarabaga bigoranye ko yakwisanzura mu bandi kuko yahabwaga akato, agatotezwa mu bandi kubera imyumvire n’amakuru atari yo benshi bari bafite kuri iyi ndwara. Ntawahagarara ku maguru abiri ngo ahamye ko byarandutse burundu ariko ntawashidikanya ko bitagabanyutse cyane, kuko ubu uwanduye Virusi itera…

Read More

“Kurwanya icyorezo cya SIDA ni uruhare rwa buri wese” – Dr Sabin Nsanzimana

Ibi byagarutsweho na Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin mu muhango wo kwizihiza Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya SIDA ku nshuro ya 45 wabereye mu Karere ka Rubavu kuri iki cyumweru Tariki 01 Ukuboza 2024. Ni umunsi wari ufite insanganyamatsiko igira iti :”Kurandura Virusi itera SIDA ni inshingano yanjye”.Minisitiri w’Ubuzima Dr Sabin Nsanzimana yasabye buri wese kugira uruhare…

Read More

Rubavu: Bamwe mu bashowe mu buraya barasaba ubutabazi kuri serivise z’ubuzima

Urujya n’uruza ruri hejuru rw’abaturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rutuma haba ubwiganze bw’ubucuruzi bw’utubari n’amacumbi, ari nayo ntandaro y’abakobwa baza kuhashakira amaramuko bakisanga mu buraya, bamwe bemeza ko babushorwamo, ari naho abatari bake bandurira virusi itera SIDA bakaba batabaza inzego z’ubuzima. Kuba Rubavu ufite umubare uri hejuru w’abafite virusi itera SIDA, byashimangiwe na…

Read More

Rwanda Targets Ending AIDS by 2030

Rwanda has set an ambitious goal to eliminate new HIV infections and AIDS-related deaths by 2030. This commitment was highlighted during this year’s World AIDS Day commemoration in Rubavu District. The country has made significant strides in combating HIV/AIDS, but the epidemic remains a public health challenge, accounting for at least seven out of every…

Read More

Kwizihiza umunsi Mpuzamahanga wa Sida mu Rwanda ku nshuro ya 36

Umurwayi wa mbere wagaragaje ko yanduye virusi itera sida hashize imyaka 43, ariko mu Rwanda ni ku nshuro ya 36 tuwizihije, ukaba warabereye mu karere ka Rubavu, cyane cyane hakangurirwa urubyiruko kwipimisha iyi virusi kuko niho igaragara cyane. Umuryango w’abanyamakuru bakora ku buzima barwanya virusi itera Sida mu Rwanda (ABASIRWA) bakaba bakomeje nabo ubukangurambaga aho…

Read More